{"id":2652,"date":"2026-04-05T18:40:17","date_gmt":"2026-04-05T18:40:17","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2652"},"modified":"2026-04-05T18:41:33","modified_gmt":"2026-04-05T18:41:33","slug":"kayonza-yatawe-muri-yombi-akekwaho-gusambanya-umwana-wimyaka-4","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2652","title":{"rendered":"\u200eKayonza: Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w&#8217;imyaka 4"},"content":{"rendered":"\n<p><strong>Yanditswe na Dushimimana Elias<\/strong><br><strong><em>\u200e<br>\u200eKu wa 03 Mata 2026, Nibwo Umugabo wo utuymu Kagari ka Rurambi, mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w&#8217;imyaka 4 y&#8217;amavuko<\/em><\/strong>.<br>\u200e<br>\u200eAmakuru avuga ko uyu mugabo w&#8217;imyaka 40 yafashwe nyuma yo gukekwaho gusambaanya umwana akoresheje intoki ku mugoroba wo ku itariki ya 2 Mata 2026.<br>\u200e<br>\u200eBamwe mu baturage batuye muri ako gace, bavuga ko uwo mugabo ubwo yafatwaga n&#8217;ubuyobozi bw&#8217;Umudugudu wa Mashinge bufatanyije n&#8217;abaturage, yagerageje kwiruka ariko baramufata ndetse ngo ageze kuri RIB bamusangana urumogi mu mufuka.<br>\u200e<br>\u200eNyina w&#8217;umwana uwo mugabo akekwaho gusambaanya yavuze uko byagenze kugirango uwo mugabo afatwe. akekwaho gusambaanya umwana we<br>\u200e<br>\u200eYagize ati &#8220;Ubusanzwe umwana nari namusize mu rugo arikumwe na Mukuru we kuri nyina wabo, nsiga mubwiye ngo ajye gukura ibijumba byo guteka, ararangara atinda kujyayo umugoroba ukubye akingaho ashyira umwana hanze aragenda, atinda kuzamuka aho yaziye yasanze umwana arimo kurira kuko njye ntabwo nari mpari nari nagiye mu isoko gucuruza avoka, mpageze arambwira ngo keza (izina twamuhaye) arambwira ko arimo kunyara akababara.&#8221;<br>\u200e<br>\u200eUwo mubyeyi yakomeje agira ati&#8221;Mfata umwana mujyana mu cyumba ni gutuma unyara ukababara, arambwira ngo misiyo yansanze hano nicaye ku mashyiga arya ibishyimbo, ndamubwira ni iki gituma unyara ukababara, arambwira ngo yakuyeho ikabutura aranshuna nkamubwira ngo ndababara. Nahise njya kureba umuyobozi w&#8217;Umudugudu ndabimubwira.&#8221;<br>\u200e<br>\u200eUmukuru w&#8217;Umudugudu wa Amashinge Banamwana Elisa avuga ko uwo mugabo yajyanwe kuri sitasiyo ya Polisi bamusatse bamusangana urumogi .<br>\u200e<br>\u200eYagize ati &#8221; Maze kubona ko umwana anyara akababara nabigejeje kuri RIB Sitasiyo Nyamirama, batwakira neza badutuma uwabikoze mu gitondo twaragiye turamufata tumujyanayo.&#8221;<br>\u200e<br>\u200eYakomeje ati&#8221; Tukimara kumugezayo umubyeyi baramubwira ngo kurikirana amakuru ubanze umujyane kwa muganga bamwohereza Rwinkwavu, akigerayo bapimye umwana basanga koko afite ikibazo, barebye basanze yarakoresheje intoki.Twaramubajije atubwira ko nta bindi yakoresheje, yakoresheje intoki.<br>\u200e<br>\u200eYunzemo ati &#8220;Twaramujyanye tugeze Kuri sitasiyo baramusaka twamusanganye ibibiriti n&#8217;urumogi ariko byari ibivungukira twamusanganye.&#8221;<br>\u200e<br>\u200eUmunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Nyamirama, Kagabo Jean Paul aganira na UKWELITIMES dukesha iyi nkuru yemeje ko mugabo yashyikirijwe Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Ubugenzacyaha RIB n&#8217;inzego z&#8217;ibanze ku bufaranye n&#8217;abaturage ndetse umwana yoherejwe ku bitaro kugirango ahabwe serivisi z&#8217;ubuvuzi.<br>\u200e<br>\u200eGitifu Kagabo anasaba ababyeyi kujya birinda gusiga abana bonyine ndetse agasaba abishora mu cyaha gusambaanya abana kubireka kuko ari amahano bikaba n&#8217;icyaha gihanwa n&#8217;amategeko<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Dushimimana Elias\u200e\u200eKu wa 03 Mata 2026, Nibwo Umugabo wo utuymu Kagari ka Rurambi, mu Murenge wa<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2656,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,35,31],"tags":[],"class_list":["post-2652","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-izicukumbuye","category-mu-rwanda"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2652","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2652"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2652\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2654,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2652\/revisions\/2654"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2656"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2652"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2652"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2652"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}