{"id":2649,"date":"2026-04-05T11:22:27","date_gmt":"2026-04-05T11:22:27","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2649"},"modified":"2026-04-05T11:22:27","modified_gmt":"2026-04-05T11:22:27","slug":"u-bushinwa-ntamikino-ku-myaka-62-bamunyonze-azizwa-gucuruza-ibiyobyabwenge","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2649","title":{"rendered":"U Bushinwa ntamikino! Ku myaka 62 bamunyonze azizwa gucuruza ibiyobyabwenge"},"content":{"rendered":"\n<p><strong><em>Umugabo w\u2019imyaka 62 ukomoka mu gihugu cy&#8217;u Bufaransa, wari warakatiwe igihano cy\u2019urupfu n\u2019ubutabera bw\u2019u Bushinwa kubera gucuruza ibiyobyabwenge muri 2010, yishwe nyuma yo gusabirwa inyoroshyo bikanga.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Ni amakuru yatangajwe na Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga mu Bufaransa, avuga ko uyu mugabo witwa Chan Thao Phoumy yishwe nyuma y\u2019igihe bwari bumaze bugerageza guhagarika iki gikorwa kubera impamvu zitandukanye.<\/p>\n\n\n\n<p>Ikinyamakuru Devdiscourse.com dukesha iyi nkuru, cyanditse ko Leta y\u2019u Bufaransa yavugaga ko bidakwiriye ko uyu mugabo yahanishwa igihano cy\u2019urupfu, ko ahubwo akwiriye guhabwa imbabazi kubera uburyo angana, gusa ubu busabe ntabwo bwigeze bwemerwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga mu Bufaransa, yavuze ko abunganira uyu mugabo batigeze bahabwa uburenganzira bwo kumuburanira mu rubanza rwe rwa nyuma rwabereye mu Mujyi wa Guangzhou uherereye mu Majyepfo y\u2019u Bushinwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Ingingo ya 347 y\u2019amategeko mpanyabyaha mu Bushinwa igaragaza ko gucuruza, gukwirakwiza ndetse no gukora ibiyobyabwenge, ari icyaha gikomeye.<\/p>\n\n\n\n<p>Igihe ubihamijwe ushobora guhanwa bitewe n\u2019uburemere bw\u2019icyaha wakoze kubera ko iyo kidakomeye uhanwa mu buryo bworoheje, gusa iyo gikomeye ushobora gukatirwa n\u2019urukiko igifungo cya burundu muri gereza cyangwa igihano cy\u2019urupfu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugabo w\u2019imyaka 62 ukomoka mu gihugu cy&#8217;u Bufaransa, wari warakatiwe igihano cy\u2019urupfu n\u2019ubutabera bw\u2019u Bushinwa kubera gucuruza ibiyobyabwenge<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2650,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,32],"tags":[],"class_list":["post-2649","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-hanze"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2649","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2649"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2649\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2651,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2649\/revisions\/2651"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2650"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2649"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2649"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2649"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}