{"id":2606,"date":"2026-03-27T13:11:16","date_gmt":"2026-03-27T13:11:16","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2606"},"modified":"2026-03-27T13:29:32","modified_gmt":"2026-03-27T13:29:32","slug":"kagame-cup-umujyi-wa-kigali-urashinjwa-gufata-umwanzuro-uhabanye-namategeko-agenga-umukino-wa-volleyball","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2606","title":{"rendered":"Umujyi wa Kigali urashinjwa gufata umwanzuro uhabanye n&#8217;amategeko agenga umukino wa Volleyball mu &#8220;Umurenge Kagame Cup&#8221;"},"content":{"rendered":"\n<p><strong><em>Ubuyobozi bw&#8217;Umujyi wa Kigali burashinjwa n&#8217;Imirenge itandukanye gufata umwanzuro ubogamiye ku Turere twa Gasabo na Kicukiro kandi dushinjwa gukinisha abakinnyi batemewe.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Ku isonga hari Ikipe y\u2019Umurenge wa Kimisagara mu mukino wa Volleyball ishinja iy\u2019Umurenge wa Kinyinya gukinisha abakinnyi batabyemerewe mu irushanwa ry\u2019Umurenge Kagame Cup 2025\/2026.<\/p>\n\n\n\n<p>Amakuru dukesha UKWELITIMES, avuga ko Umujyi wa Kigali wafashe umwanzuro ubogamye ku turere twa Gasabo na Kicukiro aho ushaka gusubirishamo imikino ya volleyball mu bagabo mu gihe ishyirahamwe ry&#8217;umukino wa Volleball mu Rwanda (FRVB) ryabahaye ibimenyetso bigaragaza ko abakinnyi babiri ba Gasabo batari bemerewe gukina.<\/p>\n\n\n\n<p>F\u00e9d\u00e9ration yahaye Umujyi wa Kigali ibihamya bigaragaza ko abo bakinnyi bakinnye kandi batemerewe gukina kubera ko imyaka 2 isabwa itaruzura kugira ngo bemerwe gukina aya marushanwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Ibi bimenyetso FRVB yatanze bigaragaza ko uwitwa Gakire Claude wa wakiniye umurenge wa Kinyinya wo mu Karere ka Gasabo afite licence ya KEPLER 2023-2024 ndetse na Yakan Guma Lawrence yakiniye Gisaga mu 2023-2024.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubusanzwe mu marushanwa ya Kagame Cup, itegeko rivuga ko ikipe ikinishije abatemewe iva mu irushanwa nk&#8217;uko byagenze mu zindi Ntara kubera ko hari n&#8217;abambuwe ibikombe.<\/p>\n\n\n\n<p>Nubwo bimeze uko mu Mujyi wa Kigali ho ubuyobozi bwemeje ko iyo mikino ugomba gusubirwamo ku wa Gatandatu tariki 28 Werurwe 2026 nyuma y&#8217;umuganda rusange mu gihe abakinnyi bo batabikozwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Aba bakinnyi batandukanye bo bafashe iki cyemezo cyo kutazasubiramo uyu mukino nyuma y&#8217;uko FRVB ihaye Umujyi wa Kigali ibihamya bigaragaza ko abo bakinnyi bakinnye kandi batemerewe gukina kubera ko imyaka 2 isabwa itaruzura kugira ngo bemerwe gukina aya marushanwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Umwe yagize ati &#8221; Umujyi wa Kigali uvuga ko ngo wafashe umwanzuro wo gusubiramo imikino aba batarimo kubera ko abenshi bashyigikiye Gasabo kubera ko bifuza ko ari yo yatwara igikombe cy&#8217;igihugu bitewe n&#8217;amafaranga bashoye mu bakinnyi dore ko ngo ariko bari bizeye.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Nubwo bimeze gutyo, iki cyemezo gifashwe mu gihe mu Ntara y&#8217;Iburengeraziba, Akarere ka Rutsiro n&#8217;aka Nyamasheke, two twambuwe ibikombe kubera gukinisha abaukinnyi bafite amakarita.<\/p>\n\n\n\n<p>No mu Ntara y&#8217;Amajyarugu,Akarere ka Musanze kambuwe igikombe gihabwa Gakenke kubera iryo kosa.<\/p>\n\n\n\n<p>Abantu benshi bakomeje kwibaza icyo Umujyi wa Kigali wakurikije kugira ngo uhitemo gusubirishamo iyi mikino.<\/p>\n\n\n\n<p>Bivugwa ko Ubuyobozi bwanze kwandika amabaruwa mu buryo bweruye kugira ngo bidasakuza buhitamo gukoresha ushinzwe Sporo ku buryo ari we ubwira abakinnyi ko nibadakina bazaba basuzuguye umukuru w&#8217;Igihugu.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"870\" height=\"489\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/image_870x_69c651abc1450-1.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2609\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/image_870x_69c651abc1450-1.jpg 870w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/image_870x_69c651abc1450-1-300x169.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/image_870x_69c651abc1450-1-768x432.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 870px) 100vw, 870px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"870\" height=\"489\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/jkl.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2611\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/jkl.jpg 870w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/jkl-300x169.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/jkl-768x432.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 870px) 100vw, 870px\" \/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw&#8217;Umujyi wa Kigali burashinjwa n&#8217;Imirenge itandukanye gufata umwanzuro ubogamiye ku Turere twa Gasabo na Kicukiro kandi dushinjwa<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2611,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36,6],"tags":[],"class_list":["post-2606","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-siporo","category-sports"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2606","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2606"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2606\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2617,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2606\/revisions\/2617"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2611"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2606"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2606"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2606"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}