{"id":2443,"date":"2026-03-08T07:34:59","date_gmt":"2026-03-08T07:34:59","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2443"},"modified":"2026-03-08T07:35:00","modified_gmt":"2026-03-08T07:35:00","slug":"perezida-donald-trump-yateguje-ibitero-karundura-kuri-iran","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2443","title":{"rendered":"\u200ePerezida Donald Trump yateguje ibitero karundura kuri Iran"},"content":{"rendered":"\n<p><strong>Yanditswe na Dushimimana Elias<\/strong><br>\u200e<br><strong><em>\u200eKuri uyu wa 07 Werurwe 2026, Nibwo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora kugabwaho ibitero bikomeye ugereranyije n&#8217;ibiherutse<\/em><\/strong>.<br>\u200e<br>\u200eIbiro Ntaramakuru by&#8217;Abongereza, Reuters byavuze ko Trump yemeje ko hongerwa ibice byagabwaho. Ati \u201cUyu munsi Iran irahanwa bikomeye! Hitawe ku bigomba gusenywa n\u2019abagomba kwicwa, kubera imyitwarire mibi ya Iran, hari ahantu n\u2019abantu bitari mu mubare w\u2019ibigabwaho ibitero kugeza none.\u201d<br>\u200e<br>\u200eTrump yavuze ko Iran kuba yasabye ibihugu bituranye kubera ibitero yabigabyeho bigaragaza ko yatangiye kumanika amaboko.<br>\u200e<br>\u200eIntego za Donald Trump muri iyi ntambara zisa n\u2019izirimo gutegura inzira yo guhirika ubutegetsi bwa Repubulika ya Kiyisilamu ya Iran, ubwo butegetsi bushobora kwihorera kumena amaraso kugira ngo bukomeze kubaho, nk\u2019uko bivugwa n\u2019umuhanga mu by\u2019imibereho y\u2019abaturage Azadeh Kian, aganira n\u2019umunyamakuru Aabla Jounaidi, wo muri serivisi mpuzamahanga ya Radiyo mpuzamahanga y\u2019Abafaransa (RFI).<br>\u200e<br>\u200eNyuma y\u2019ibitero by\u2019indege bya Amerika na Isiraheli ku butaka bwa Irani, Ikigo cy\u2019ubwikorezi bw\u2019indege cy\u2019u Burusiya (Rosaviatsia) cyatangaje kuri uyu\u00a0 wa Gatandatu ko ingendo z\u2019indege ziva mu Burusiya zigera muri Irani na Isirayeli zahagaritswe, kugeza igihe hazatangarizwa andi mabwiriza.<br>\u200e<br>\u200eIran yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishoye mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli ikagaba ibitero; bizagira ingaruka z\u2019igihe kirekire.<br>\u200e<br>\u200eMinisitiri w\u2019Ubabanyi n\u2019Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yavuze ko ibyo bitero ari iby\u2019ubugome kandi bigiye kubyara akaga gakomeye.<br>\u200e<br>\u200eKu ruhande rwa Isiraheli yo yagaragaje ko yishimiye ibyakozwe na Trump kuko bishimangira ubudahangarwa bwa Amerika n\u2019umuhate wayo mu guhashya ibikorwa bibi bya Iran.<br>\u200e<br><strong>\u200eDushimimana Elias@Inkuruzacu.rw<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Dushimimana Elias\u200e\u200eKuri uyu wa 07 Werurwe 2026, Nibwo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2444,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,32,34],"tags":[],"class_list":["post-2443","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-hanze","category-politiki-hanze"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2443","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2443"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2443\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2445,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2443\/revisions\/2445"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2444"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2443"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2443"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2443"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}