{"id":2431,"date":"2026-02-28T21:47:41","date_gmt":"2026-02-28T21:47:41","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2431"},"modified":"2026-02-28T21:47:43","modified_gmt":"2026-02-28T21:47:43","slug":"rubavu-abantu-11-barimo-5-bo-mu-muryango-umwe-bahitanwe-nimpanuka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2431","title":{"rendered":"\u200eRubavu: Abantu 11 barimo 5 bo mu muryango umwe bahitanwe n&#8217;impanuka\u200e\u200e"},"content":{"rendered":"\n<p><strong>Yanditswe na Dushimimana Elias<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><br><strong><em>\u200eKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2026, Nibwo mu Murenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, habereye impanuka iteye ubwoba yapfiriyemo abantu 11 abandi barakomereka<\/em><\/strong>.<br>\u200e<br>\u200e<br>\u200eIyi mpanuka yabaye ahagana Saa Munani z\u2019igicamunsi, mu Kagari ka Nengo, Umudugudu wa Nyaburanga, aho ikamyo yo mu bwoko bwa BENZ yagonze ibinyabiziga n\u2019abanyamaguru bari ku ruhande rw\u2019umuhanda.<br>\u200e<br>\u200eUmuyobozi w\u2019Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yatangaje ko iyo kamyo yabanje kugonga moto yari itwaye abantu babiri, bahita bitaba Imana.<br>\u200e<br>\u200e<br>\u200eYagize ati: \u201cIyi kamyo yanagonze abantu babiri bagendaga mu muhanda, bapfiriye ku bitaro. Yongeye kugonga indi modoka yarimo abantu barindwi, batandatu bahita bapfa, umwe arakomereka nyuma y\u2019uko aguweho na kontineri yari itwawe n\u2019iyo kamyo.\u201d<br>\u200e<br>\u200eBTN dukesha iyi nkuru itangaza ko mu mibare rusange, abantu 11 ni bo bamaze kwemezwa ko bitabye Imana.<br>\u200e<br>\u200eUmuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Ntara y\u2019Iburengerazuba, SP Sylvestre Twajamahoro, yavuze ko impanuka yatewe no kutaringaniza umuvuduko k\u2019uwari utwaye ikamyo.<br>\u200e<br>\u200eYagize ati&#8221; Impanuka yetewe no kutaringaniza neza umuvuduko, Turasaba abashoferi bose kujya bashishoza, bakagenzura umuvuduko bakurikije imiterere y&#8217;umuhanda mu rwego rwo gukumira impanuka&#8221;.<br>\u200e<br>\u200e<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Dushimimana Elias \u200eKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2026, Nibwo mu Murenge wa Gisenyi,<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2432,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,31],"tags":[],"class_list":["post-2431","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-mu-rwanda"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2431","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2431"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2431\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2433,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2431\/revisions\/2433"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2432"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2431"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2431"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2431"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}