{"id":2310,"date":"2026-01-27T05:24:47","date_gmt":"2026-01-27T05:24:47","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2310"},"modified":"2026-01-27T05:24:48","modified_gmt":"2026-01-27T05:24:48","slug":"rubavu-umugabo-yasanzwe-mu-mugozi-yapfuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2310","title":{"rendered":"\u200eRubavu: Umugabo yasanzwe mu mugozi yapfuye\u200e"},"content":{"rendered":"\n<p><strong>Yanditswe na Dushimimana Elias<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><strong><em>Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2025, Nibwo umugabo witwa Tuyishime Jean Baptiste wo mu Mudugudu wa Bikuka, Akagari ka Mahoko, mu Murenge wa Kanama,Akarere ka Rubavu, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye.<\/em><\/strong><br>\u200e<br>\u200e<br>\u200eUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Kanama, Nzabahimana Evariste, yavuze ko uyu mugabo yasanzwe yimanitse bikekwa ko yiyahuye.<br>\u200e<br>\u200eYagize ati \u201d Hari umuturage yabaga mu nzu ya wenyine ari naho akorera. Abantu bamubonye bwa nyuma bamubonye ku wa kane nimugoroba, ku wa Gatanu ahantu aba hasaga nk\u2019ahafunze hegetseho. Ariko ku wa Gatandatu abantu babonye iwe hasa nk\u2019ahafunguye noneho binjiye mu cyumba basanga amanitse mu mugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye.&#8221;<br>\u200e<br>\u200e<br>\u200eUkweliTimes dukesha iyi nkuru yanditse ko Gitifu Nzabahimana yemeje ko uyu mugabo w\u2019imyaka 29 yari afite umugore ariko baza gutandukana, aboneraho gusaba abaturage kujya batanga amakuru hakiri kare kandi mu gihe bahuye n\u2019ikibazo bakamenyesha ubuyobozi.<\/p>\n\n\n\n<p><strong>INKURUZACU.RW<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Dushimimana Elias Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2025, Nibwo umugabo witwa Tuyishime Jean Baptiste<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2311,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,31],"tags":[],"class_list":["post-2310","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-mu-rwanda"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2310","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2310"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2310\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2312,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2310\/revisions\/2312"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2311"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2310"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2310"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2310"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}