{"id":2286,"date":"2026-01-15T19:33:26","date_gmt":"2026-01-15T19:33:26","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2286"},"modified":"2026-01-15T19:52:32","modified_gmt":"2026-01-15T19:52:32","slug":"kamayirese-jean-damour-uyobora-rwanda-leather-association-yagiranye-ibiganiro-numushoramari-wo-mu-gihugu-cya-misiri-hesham-gazar","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2286","title":{"rendered":"Kamayirese Jean Damour uyobora Rwanda Leather Association yagiranye ibiganiro n&#8217;umushoramari wo mu gihugu cya Misiri, Hesham Gazar"},"content":{"rendered":"\n<p><strong>Yanditswe na Dushimimana Elias<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><strong>Ku wa Mbere tariki ya 12 Mutarama 2026, Nibwo Umushoramari wo mu gihugu cya Misiri, Hesham Gazar, akaba n\u2019Umuyobozi Mukuru (CEO) wa Leather and More Company, yasuye abakora ibikomoka ku mpu mu Rwanda bibumbiye muri Rwanda Leather Association, nyuma yo kugirira uruzinduko mu Rwanda rugamije kureba amahirwe yo gushora imari mu rwego rw\u2019inganda zitunganya impu z\u2019inyamaswa.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Hesham Gazar, akimara gusura abakora ibikomoka ku mpu, yahise yakirwa kandi agirana ibiganiro na Kamayirese Jean d\u2019Amour, umuyobozi mukuru wa Rwanda Leather Association, aho ibiganiro bagiranye byibanze ku buryo hashyirwaho ishoramari rihamye mu rwego rw\u2019impu, cyane cyane mu gutunganya impu ziva ku matungo magufi n\u2019amaremare, hagamijwe kongera agaciro ku bikorerwa mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu kiganiro n&#8217;itangazamakuru, Nyakubahwa Hesham Gazar yavuze ko yishimiye cyane uko yakiriwe ndetse n\u2019ibikorwa yabonye by\u2019abanyamuryango ba Rwanda Leather Association, ibyamwongereye icyizere cyo gushora imari mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>\u200eYagize ati: \u200e\u201cNakiriwe neza kandi ndishimye cyane. Ndi umushoramari mu nzego zitandukanye zirimo ubuvuzi, ubworozi n\u2019izindi. Ngamije kuba umwe mu bashoramari bashora imari mu Rwanda dufatanyije na Rwanda Leather Association dushinge uruganda rutunganya impu. Nzatanga igisubizo vuba, mu cyumweru kimwe cyangwa bibiri, ariko ntibizarenga ibyumweru bine. Nzava mu Rwanda ntanze umurongo uhamye w\u2019imikoranire.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Kamayirese Jean d\u2019Amour, Umuyobozi wa Rwanda Leather Association, yavuze ko uku kugenderwa n\u2019abashoramari b\u2019abanyamahanga ari umusaruro wa politiki nziza y\u2019igihugu mu gukurura ishoramari, by\u2019umwihariko uruhare rukomeye rwa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame nkuko Hanganews ibitangaza.<br>\u200e<br>Yagize ati: \u200e\u201cTurashimira Nyakubahwa Perezida Paul Kagame washyigikiye cyane urwego rw\u2019impu rwari rwarasigaye inyuma. Uruzinduko rwe mu bihugu bitandukanye no kugaragaza amahirwe y\u2019ishoramari byatumye abashoramari baturuka mu Misiri batugana. Turateganya gukorana na bo dushyireho uruganda, bityo twambike Abanyarwanda ibikorerwa iwacu.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>\u200eIri shoramari ryitezweho kongera umusaruro mu rwego rw\u2019impu, guhanga imirimo mishya, guteza imbere ubumenyi mu nganda no kugabanya ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga, bigendanye n\u2019icyerekezo cy\u2019igihugu cyo kwihutisha inganda n\u2019iterambere rirambye nkuko <strong>DAMK TV <\/strong>ibitangaza dukesha iyi nkuru.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"682\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/IMG-20260115-WA0043-1536x1023-1-1-1024x682.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2292\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/IMG-20260115-WA0043-1536x1023-1-1-1024x682.jpg 1024w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/IMG-20260115-WA0043-1536x1023-1-1-300x200.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/IMG-20260115-WA0043-1536x1023-1-1-768x512.jpg 768w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/IMG-20260115-WA0043-1536x1023-1-1.jpg 1536w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"682\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ef-682x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2291\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ef-682x1024.jpg 682w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ef-200x300.jpg 200w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ef-768x1153.jpg 768w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ef-1023x1536.jpg 1023w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ef-1024x1537.jpg 1024w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ef.jpg 1066w\" sizes=\"auto, (max-width: 682px) 100vw, 682px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"682\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ttt-1024x682.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2293\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ttt-1024x682.jpg 1024w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ttt-300x200.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ttt-768x512.jpg 768w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2026\/01\/ttt.jpg 1536w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p><strong>Amafoto: DAMK TV<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Dushimimana Elias Ku wa Mbere tariki ya 12 Mutarama 2026, Nibwo Umushoramari wo mu gihugu cya<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2287,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,2,31],"tags":[],"class_list":["post-2286","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-business","category-mu-rwanda"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2286","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2286"}],"version-history":[{"count":6,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2286\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2297,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2286\/revisions\/2297"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2287"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2286"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2286"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2286"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}