{"id":2283,"date":"2026-01-14T07:06:37","date_gmt":"2026-01-14T07:06:37","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2283"},"modified":"2026-01-14T07:06:39","modified_gmt":"2026-01-14T07:06:39","slug":"yoon-suk-yeol-wabaye-perezida-wa-koreya-yepfo-ashobora-gukatirwa-igihano-cyurupfu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=2283","title":{"rendered":"Yoon Suk Yeol wabaye Perezida wa Koreya y\u2019Epfo ashobora gukatirwa igihano cy&#8217;urupfu"},"content":{"rendered":"\n<p><strong>Yanditswe na Dushimimana Elias<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><strong><em>Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y&#8217;Epfo, ku wa Kabiri tariki ya 13 Mutarama 2026, yasabiwe n&#8217;Abashinjacyaha bo muri iki gihugu igihano cy\u2019urupfu, bamushinja kuba yaragishyize mu bibazo bikomeye ubwo hatangazwaga ibihe bidasanzwe, bikangwa n\u2019Inteko Ishinga Amategeko ndetse iza no gutora isaba ko yeguzwa mu Ukuboza 2024.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Uyu munyepolitiki, Yoon akurikiranyweho ibyaha birimo gushaka guhirika ubutegetsi, gukoresha nabi ububasha ahabwa n\u2019amategeko, n\u2019ibindi byaha bifitanye isano no gutangaza ko igihugu kiri mu bihe by\u2019itambara<\/p>\n\n\n\n<p>Ibitangazamakuru birimo na RFI, byanditse ko abashinjacyaha bavuze ko Yoon yari yacuze umugambi wo kugundira ubutegetsi ngo ategeke igihe kirekire mu buryo bw\u2019igitugu.<\/p>\n\n\n\n<p>Banavuze kandi ko nta kwicuza yigeze agaragaza, kandi ko ibikorwa bye byashyize mu kaga Itegeko Nshinga rya Koreya y\u2019Epfo n\u2019imiyoborere ishingiye kuri demokarasi.<\/p>\n\n\n\n<p>Bagize bati \u201cAbagizweho ingaruka cyane n\u2019ibyo yakoze ni abaturage b\u2019iki gihugu. Nta mpamvu n\u2019imwe ishobora koroshya igihano cye, bityo agomba guhanishwa igihano gikomeye.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yoon yateje ikibazo gikomeye cya politiki ya Koreya y\u2019Epfo ubwo ku itariki ya 3 Ukuboza 2024 yatangazaga ibihe bidasanzwe byo kuba ubutegetsi bugiye mu maboko ya gisirikare byamaze amasaha atandatu.<br>Abashinjacyaha kandi banasabye ko uwahoze ari Minisitiri w\u2019Ingabo, Kim Yong-hyun, ukurikiranywe muri dosiye imwe na Yoon, ahanishwa igifungo cya burundu.<\/p>\n\n\n\n<p>Kim ni umwe mu bantu umunani baregwa kuba baragize uruhare rukomeye muri uwo mugambi wo gushyiraho itegeko ry\u2019ibihe bidasanzwe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Dushimimana Elias Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y&#8217;Epfo, ku wa Kabiri tariki ya<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2284,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,34],"tags":[],"class_list":["post-2283","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-politiki-hanze"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2283","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2283"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2283\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2285,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2283\/revisions\/2285"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/2284"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2283"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2283"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2283"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}