{"id":1978,"date":"2025-11-13T05:37:40","date_gmt":"2025-11-13T05:37:40","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1978"},"modified":"2025-11-13T05:37:41","modified_gmt":"2025-11-13T05:37:41","slug":"ghana-abantu-6-bapfiriye-mu-mubyigano-wabinjizwaga-mu-gisirikare","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1978","title":{"rendered":"Ghana: Abantu 6 bapfiriye mu mubyigano w&#8217;abinjizwaga mu gisirikare"},"content":{"rendered":"\n<p><strong><em>Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Ugushyingo 2025, Nibwo byatangajwe ko mu gihugu cya Ghana hapfiriye abantu 6 ubwo habaga igikorwa cyo kwakira urubyiruko rushaka kujya mu gisirikare abandi barakomereka<\/em><\/strong>.<\/p>\n\n\n\n<p>\u200eNi amakuru yatangajwe\u00a0 n\u2019umuyobozi mukuru w\u2019agateganyo ushinzwe itumanaho mu ngabo za Ghana, Evelyn Asamoah.<\/p>\n\n\n\n<p>\u200eAmwe mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ko bamwe mu bashaka kujya mu gisirikare batangiye kujya kuri stade ya El-Wak Sports Stadium iri murwa Mukuru w\u2019iki gihugu Accra sa munani za mugitondo, aho bari bagiye mu myitozo ibemerera kujya mu gisirikare.<\/p>\n\n\n\n<p>\u200eAsamoah yavuze ko kubera ubwinshi bw\u2019abari baje muri iyo myitozo barenze ku mabwiriza yo kwinjira bakinjira mu kavuyo ibyatumye abagera kuri batandatu bahasiga ubuzima.<\/p>\n\n\n\n<p>\u200eAti \u201cAbakomeretse bahise bajyanwa mu bitaro bya bya 37 Military Hospital kugira ngo bahabwe ubutabazi bw\u2019ibanze ndetse ingabo za Ghana ziri gukora ibishoboka byose kugira ngo zite kubagizweho ingaruka n\u2019ibyabaye. Haracyari gukorwa imyiteguro kandi yo kumenyesha imiryango y\u2019ababuze ababo&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p>\u200eAsamoah yavuze ko ibindi bikorwa bizamenyeshwa nyuma y\u2019uyu muvundo wabaye.<br><\/p>\n\n\n\n<p>\u200e<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Ugushyingo 2025, Nibwo byatangajwe ko mu gihugu cya Ghana hapfiriye abantu<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1979,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,32,34],"tags":[],"class_list":["post-1978","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-hanze","category-politiki-hanze"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1978","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1978"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1978\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1980,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1978\/revisions\/1980"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/1979"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1978"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1978"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1978"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}