{"id":1910,"date":"2025-10-26T22:26:21","date_gmt":"2025-10-26T22:26:21","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1910"},"modified":"2025-10-26T22:26:21","modified_gmt":"2025-10-26T22:26:21","slug":"ngororero-abantu-3-bapfiriye-mu-mpanuka-yakomerekeyemo-15-bari-bagiye-gufata-irembo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1910","title":{"rendered":"Ngororero: Abantu 3 bapfiriye mu mpanuka yakomerekeyemo 15 bari bagiye gufata irembo\u200e"},"content":{"rendered":"\n<p><strong><em>Kuri uyu wa 26 Ukwakira 2025, Nibwo imodoka yo mu bwoko bwa Hiace yakoreye impanuka mu Karere ka Ngororero , ihitana abantu batatu mu gihe abandi 15 barakomereka bikomeye.<\/em><\/strong>\u200e\u200e<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Ngororero, Nkusi Christophe yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko bavaga mu Byangabo mu Karere ka Musanze bagiye gufata irembo mu Murenge wa Muhororo.\u200e\u200e\u200e<\/p>\n\n\n\n<p>Yavuze ko iyo modoka yananiwe gukata ikoni riherereye mu Kagari ka Gaseke, Umurenge wa Kabaya igwa munsi y\u2019umuhanda.\u200e\u200e Ati:\u201d Iyo mpanuka ikimara kuba, abagabo 2 bahise bitaba Imana, undi mugore yapfuye ageze mu nzira kuko bari bamujyanye mu Bitaro bya CHUK, yacikanye akiri ku Kabaya\u201d.\u200e\u200e<\/p>\n\n\n\n<p>Meya Nkusi avuga ko abazize impanuka ari Hagumimana Emmanuel w\u2019imyaka 55, Kiribeti Jean Baptiste nawe w\u2019imyaka 55 ndetse na Dusabimana Fran\u00e7oise w\u2019Imyaka 47 y\u2019amavuko.\u200e\u200e<\/p>\n\n\n\n<p>Nkusi avuga ko inkuru y\u2019impanuka bayimenye, bohereza Polisi n\u2019Umwe mu bagize Komite Nyobozi y\u2019Akarere gutabara abahuye n\u2019impanuka ndetse n\u2019abayiguyemo.\u200e\u200eUyu Muyobozi avuga ko 9 bakomeretse bajyanywe mu Bitaro bya Ruhengeri, abandi 6 bakaba bari mu Bitaro bya Kabaya.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Ngororero bwihanganishije umiryango y\u2019abazize Impanuka ndetse n\u2019abayikomerekeyemo.<\/p>\n\n\n\n<p>\u200e\u200eImirambo ya ba Nyakwigendera iri mu Bitaro bya Kabaya.\u200e\u200e<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 26 Ukwakira 2025, Nibwo imodoka yo mu bwoko bwa Hiace yakoreye impanuka mu Karere ka<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1911,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,31],"tags":[],"class_list":["post-1910","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-mu-rwanda"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1910","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1910"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1910\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1912,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1910\/revisions\/1912"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/1911"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1910"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1910"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1910"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}