{"id":1822,"date":"2025-10-07T18:45:06","date_gmt":"2025-10-07T18:45:06","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1822"},"modified":"2025-10-08T10:34:18","modified_gmt":"2025-10-08T10:34:18","slug":"muhima-abari-mu-zabukuru-baremewe-bashimira-perezida-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1822","title":{"rendered":"\u200e\u200eMuhima: Abari mu zabukuru baremewe bashimira Perezida Kagame ubahoza ku mutima"},"content":{"rendered":"\n<p><strong>Yanditswe na Dushimimana Elias<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><strong><em>\u200e Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Ukwakira 2025, Nibwo abari mu zabukuru bo mu Murenge wa Muhima, mu Karere ka Nyarugenge, baremewe n&#8217;ubuyobozi nabo bashimira Leta igikomeje kubitaho uko bucya n&#8217;uko bwije.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>\u200eIbi bikorwa byo kuremera imiryango 8 ibyo kurya, ibiryamirwa n&#8217;ibikoresho by&#8217;isuku, bikozwe mu gihe muri uyu Murenge wa Muhima, hakorwwga ubukangurambaga bwatangirijwemo Ukwezi kwahariwe kuzirikana ubumwe n&#8217;ubudaheranwa bw&#8217;Abanyarwanda, hanizihizwa Umunsi mukuru w\u2019Abageze mu zabukuru ku nsanganyamatsiko igira iti:\u201cTwite ku bageze mu zabukuru, dutegura ahazaza heza h\u2019abakiri bato, ni inkingi mu iterambere rirambye&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p>\u200e<br>\u200eKabaganwa Edithe wo mu Kagari k&#8217;Ubumwe, mu Mudugudu w&#8217;Isangano, avuga ko ibyo bahawe n&#8217;ubuyobozi bije bikenewe kuko hari igihe umuntu abura ibyo kurya akabura uwo atakira cyakora mu gihe ubuyobozi bubegereye bikabereka urukundo bafitiwe. Ati&#8221; Sinabasha gusobanura ibyiyumviro nagize nyuma yo guhabwa ibi bintu kuko hari igihe umuntu asonza yabura ibyo guteka akanabura n&#8217;uwo atakira. Ibi rero bitugaragariza urukundo Leta idufitiye&#8221;.<br>\u200e<br>\u200eUndi witwa Merciane Mukantabana wo mu Mudugudu wa Rugenge, mu Kagari ka Rugenge, Yatangarije umunyamakuru wa INKURUZACU ati&#8221; Kwegera abaturage binyuze mu bikorwa bitugaragariza irukundo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y&#8217;u Rwanda, Paul Kagame adukunda nk&#8217;abaturage kuko atajya ahwema kwita ku Banyarwanda ndetse ko ibyo dukorerwa bidukura mu bwigunge&#8221;.<br>\u200e<br>\u200eUmusaza witwa Sebukayire Michelle wo muri uyu Murenge wa Muhima yagize ati &#8220;Ibyo twahawe biradufasha mu buryo bw&#8217;umubiri cyane ko bamwe muri twe tutagifite imbaraga zo gukora ngo tubone ibidutunga bityo rero tunejejwe nuko igihugu kigifite umuco wa Kinyarwanda wo kwita ku babyeyi by&#8217;umwihariko abageze mu zabukuru.<br>\u200e<br>\u200eTurashimira cyane Perezida Paul Kagame wadukuye mu icuraburindi, hirya no hino ibikorwa bye biragaragara kandi birivugira, Ubuyobozi bw&#8217;Umurenge wa Muhima n&#8217;Akarere muri rusange usanga batwegera bakamenya imimerere turimo ku buryo ntawe ushobora guheranwa n&#8217;agahinda&#8221;.<br>\u200e<br>\u200eUmuyobozi Nshingwabikorwa w\u2019Akarere ka Nyarugenge, Ingangare Alex ubwo&nbsp; yifatanyaga n\u2019abaturage yabwiye abari mu nteko y&#8217;abaturage yaberaga mu Kagari ka Kabeza ko abageze mu zabukuru bagomba ati: &#8221; ni ngombwa ko twese dukomeza gushyigikira ubumwe bwacu, tukiyumva nk&#8217;Abanyarwanda mbere y&#8217;ibindi byose&#8221;<br>\u200e<\/p>\n\n\n\n<p>Umunyambanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Muhima, Mukandori T. Grace yashimiye abaturage bitabira gahunda za Leta bakanabishyigikira ikindi anashimira byimazeyo abaturage kubwo uruhare bagira mu iterambere ry&#8217;igihugu.<\/p>\n\n\n\n<p>Gitifu Mukandori wishimira imyitwarire iranga abari mu zabukuru babarizwa mu Murenge wa Muhima, yagize ati&#8221; Mbere na mbere turabashimira abaturage bo muri uyu murenge wa Muhima bitewe nuko kwitabira ibikorwa bya Leta no gushyigikira gahunda za Leta mu bikorana umwete ikindi tunabonereho gushimira abageze mu zabukuru kuko murangwa n&#8217;indangagaciro, umuco Nyarwanda. Turabasaba gushyira hamwe mufatanyije n&#8217;abakiri bato&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi Nshingwabikorwa w\u2019Akarere ka Nyarugenge, Ingangare Alex ubwo yifatanyaga n\u2019abaturage yabwiye abari mu nteko y\u2019abaturage yaberaga mu Kagari ka Kabeza ko abageze mu zabukuru bagomba gusenyera umugozi umwe ku buryo mu ntege nke za buri wese buri umwe aba agomba gusindagiza mugenzi we kandi bagasangizanya amateka by&#8217;umwihariko ayaranze igihugu dushyigikira ubumwe bwacu nk&#8217;Abanyarwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>Agira ati&#8221; Abageze mu zabukuru mugomba gusenyera umugozi umwe n&#8217;abakiri bato nk&#8217;imbaraga z&#8217;igihugu kuko umuto yegereye umukuru basangizanya amateka y&#8217;igihugu cyacu kandi ufite intege nke agasindagizwa ikindi twese tugakundana, tugashyigikira ubumwe bwacu tukiyumva nk\u2019Abanyarwanda mbere y\u2019ibindi byose.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Hanakozwe kandi igikorwa cyo gupima abaturage indwara zitandura harimo iz\u2019umutima, umuvuduko ukabije w\u2019amaraso, kanseri, diyabete, indwara z\u2019ubuhumekero, n\u2019izangiza ubuzima bwo mu mutwe, aho abaturage basabwe kujya bisuzumisha kugirango bamenye uko bahagaze ku buryo uyisanzwemo akurikiranywa mu buryo bworoshye ndetse banasabwa kwirinda kunywa isukari nyinshi, kurya umunyu mwinshi no gukora siporo.<\/p>\n\n\n\n<p>Igikorwa cyo gupima izi ndwara cyari kiyobowe na bamwe mu baganga baturutse ku Kigo Nderabuzima cya Muhima ndetse n&#8217;abajyanama b&#8217;ubuzima bakorera mu Murenge wa Muhima.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"576\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_239891991374907811-1024x576.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1845\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_239891991374907811-1024x576.jpg 1024w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_239891991374907811-300x169.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_239891991374907811-768x432.jpg 768w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_239891991374907811.jpg 1080w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"576\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_1850988920986895914-1024x576.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1847\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_1850988920986895914-1024x576.jpg 1024w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_1850988920986895914-300x169.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_1850988920986895914-768x432.jpg 768w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/motion_photo_1850988920986895914.jpg 1280w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"926\" height=\"597\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/erfghjkj.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1834\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/erfghjkj.jpg 926w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/erfghjkj-300x193.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/erfghjkj-768x495.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 926px) 100vw, 926px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"927\" height=\"574\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Capture.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1835\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Capture.jpg 927w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Capture-300x186.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/Capture-768x476.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 927px) 100vw, 927px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"935\" height=\"588\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/FDFGHJK.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1842\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/FDFGHJK.jpg 935w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/FDFGHJK-300x189.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/FDFGHJK-768x483.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 935px) 100vw, 935px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2rF23oXwAA4IiK-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1836\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2rF23oXwAA4IiK-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2rF23oXwAA4IiK-300x200.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2rF23oXwAA4IiK-768x512.jpg 768w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2rF23oXwAA4IiK-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2rF23oXwAA4IiK-2048x1366.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p><strong>Umuyobozi Nshingwabikorwa w&#8217;Akarere ka Nyarugenge, Ingangare Alex yasabye abaturage gusenyera umugozi umwe<\/strong><\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2qXMRVWwAAZvZA-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1837\" srcset=\"https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2qXMRVWwAAZvZA-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2qXMRVWwAAZvZA-300x200.jpg 300w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2qXMRVWwAAZvZA-768x512.jpg 768w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2qXMRVWwAAZvZA-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/inkuruzacu.rw\/wp-content\/uploads\/2025\/10\/G2qXMRVWwAAZvZA-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p><strong>Amafoto: MUGARUKA Silas KABERA<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Dushimimana Elias \u200e Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Ukwakira 2025, Nibwo<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1823,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,31],"tags":[],"class_list":["post-1822","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-mu-rwanda"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1822","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1822"}],"version-history":[{"count":11,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1822\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1848,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1822\/revisions\/1848"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/1823"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1822"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1822"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1822"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}