{"id":1749,"date":"2025-09-25T12:02:29","date_gmt":"2025-09-25T12:02:29","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1749"},"modified":"2025-09-25T12:02:29","modified_gmt":"2025-09-25T12:02:29","slug":"musanze-umusore-wimyaka-22-yasanzwe-mu-mugozi-yapfuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1749","title":{"rendered":"Musanze: Umusore w\u2019imyaka 22 yasanzwe mu mugozi yapfuye"},"content":{"rendered":"\n<p><strong><em>Abaturage bo mu Kagari ka Bisoke mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, batunguwe no gusanga umurambo w&#8217;umusore witwa witwa Irakiza, umanitse mu mugozi, bikekwa ko yiyahuye.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Amakuru atangwa n&#8217;abaturage, avuga ko nyakwigendera uri mu kigero cy&#8217;imyaka 22, umurambo we bawubonye ahagana saa moya z\u2019umugoroba.<\/p>\n\n\n\n<p>Umwe mu baturage baturanye n\u2019iwabo w\u2019uyumusore, yagize ati: \u201cTwumvise inkuru idutunguye, kuko ntitwari tuzi ko afite ibibazo byamugeza aho kwiyambura ubuzima. Uyu musore twamumenyereye ari umuntu uhora atuje ariko biragaragara ko yari afite intimba atagaragazaga.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Undi muturage yagize ati: \u201cNi igihombo gikomeye ku muryango we n\u2019Akarere muri rusange. Turasaba ko habaho ibiganiro bihoraho mu rubyiruko kugira ngo hakumirwe ibibazo nk\u2019ibi biganisha ku kwiyahura, kuko ibi bintu muri aka Karere kacu bimaze kurambirana rwose kwiyahura nta cyumweru cyashira tutumvise umuntu wiyahuye.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y\u2019Amajyaruguru IP Ignace Ngirabakunzi, yavuze ko aya makuru bayamenye nkuko Ukweli Times ibitangaza dukesha iyi nkuru.<\/p>\n\n\n\n<p>Ati \u201cNi byo amakuru twayamenye, ko Irakiza yasanzwe mu mugozi, ariko ntituramenya impamvu yabyo, kuri ubu RIB, irimo gukora iperereza ngo harebwe icyamwishe, ubu rero umurambo wa nyakwigendera wajyanywe mu bitaro ngo hakorwe iperereza hamenyekane impamvu.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu Kagari ka Bisoke mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, batunguwe no gusanga umurambo<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1750,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1],"tags":[],"class_list":["post-1749","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-uncategorized"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1749","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1749"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1749\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1751,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1749\/revisions\/1751"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/1750"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1749"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1749"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1749"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}