{"id":1699,"date":"2025-09-15T20:36:03","date_gmt":"2025-09-15T20:36:03","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1699"},"modified":"2025-09-15T20:36:04","modified_gmt":"2025-09-15T20:36:04","slug":"zambia-babiri-bashatse-kwica-perezida-wigihugu-bamuroze-bakatiwe-nurukiko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1699","title":{"rendered":"Zambia: Babiri bashatse kwica Perezida w&#8217;igihugu bamuroze bakatiwe n&#8217;urukiko\u200e"},"content":{"rendered":"\n<p><strong><em>\u200eKuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Nzeri 2025, Nibwo Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abantu babiri igifungo cy\u2019imyaka ibiri nyuma yo kubahamya icyaha cyo kugerageza kwica Perezida Hakainde Hichilema bakoresheje uburozi<\/em><\/strong>.<br><\/p>\n\n\n\n<p>\u200eBBC yanditse ko Leonard Phiri ukomoka muri Zambia na Jasten Mabulesse Candunde ukomoka muri Mozambique batawe muri yombi mu Ukuboza 2024, ubwo bafatanwaga uburozi burimo uruvu.<br><\/p>\n\n\n\n<p>\u200eUbushinjacyaha bwagaragaje ko Phiri na Mabulesse bari barahawe ikiraka n\u2019umudepite watorotse ubutabera, kugira ngo bice Perezida Hichilema.<\/p>\n\n\n\n<p>\u200eMu rubanza, bo bavugaga ko ari abavuzi gakondo ariko umunyamategeko wabo, Agrippa Malando, we yemeye ko bakoze icyaha, abasabira koroherezwa igihano kuko ari ubwa mbere bakurikiranywe n\u2019ubutabera.<br><\/p>\n\n\n\n<p>\u200eUmucamanza Fine Mayambu yagize ati \u201cBombi bemeye ko bari batunze uburozi. Phiri yerekanye umurizo w\u2019uruvu yifashishaga mu migenzo, bikaba byari guteza urupfu mu minsi itanu.\u201d<br><\/p>\n\n\n\n<p>\u200eMayambu yagaragaje ko Phiri na Mabulesse atari abanzi ba Perezida Hichilema gusa, ahubwo ko ari abanzi b\u2019abaturage ba Zambia.<br><\/p>\n\n\n\n<p>\u200eMayambu yagaragaje ko nubwo siyansi itemera amarozi nk\u2019aya, ari ngombwa ko itegeko ryubahirizwa kuko rirengera sosiyete ishobora guterwa ubwoba n\u2019abavuga ko bafite imbaraga zidasanzwe.<br><\/p>\n\n\n\n<p>\u200e<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u200eKuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Nzeri 2025, Nibwo Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abantu babiri igifungo<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1700,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30,34],"tags":[],"class_list":["post-1699","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-politiki-hanze"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1699","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1699"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1699\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1701,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1699\/revisions\/1701"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/1700"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1699"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1699"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1699"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}