{"id":1491,"date":"2025-08-14T11:43:30","date_gmt":"2025-08-14T11:43:30","guid":{"rendered":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1491"},"modified":"2025-08-14T11:48:23","modified_gmt":"2025-08-14T11:48:23","slug":"kiyovu-sports-yahawe-itc-ya-amiss-cedric","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/?p=1491","title":{"rendered":"Kiyovu Sports yahawe ITC ya Amiss C\u00e9dric"},"content":{"rendered":"\n<p><em>Ishyirahamwe ry\u2019Umupira w\u2019Amaguru ku Isi, FIFA, yahaye Kiyovu Sports uruhushya (International Transfer Certificate) ruyemerera kwandikisha Amiss C\u00e9dric wakinaga muri Arabie Saoudit\u00e9.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p>Uko iminsi yicuma, ni ko Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bukomeje gushyira ku murongo ibibazo bitandukanye kugira ngo ikipe izatangire neza shampiyona 2025\/2026.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu gihe mu mwaka ushize Kiyovu Sports itari yemerewe kwandikisha abakinnyi kubera ibihano yari yarafatiwe na FIFA kubera abari abakozi ba yo bayireze.<\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma yo kubikemura byose, Kiyovu Sports ubu yatangiye kwisuganya ishaka abakinnyi beza bazayifasha mu mwaka w\u2019imikino 2025\/2026.<\/p>\n\n\n\n<p>Ishyirahamwe ry\u2019Umupira w\u2019Amaguru ku Isi, FIFA, ryamaze kumenyesha iriyobora Ruhago mu Rwanda, Ferwafa, ko Kiyovu Sports yemerewe kwandikisha Amiss C\u00e9dric wakinaga muri Arabie Saoudit\u00e9.<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu Murundi yakiniraga Al-Qadsiah FC yo muri Arabie Saoudit\u00e9. Ishyirahamwe rya Ruhago muri iki gihugu, ryamenyesheje Ferwafa ko iyi kipe yarekuye Amiss.<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu mukinnyi w\u2019imyaka 35, yari yasinyiye Urucaca amasezerano mu mwaka ushize ariko kumwandikisha ntibyakunda kubera ibihano FIFA yari yarafatiye iyi kipe yo ku Mumena.<\/p>\n\n\n\n<p>Kuri ubu, Kiyovu ikomeje kwiyubaka ishaka abeza bazayifasha guhangana muri uyu mwaka w\u2019imikino 2025\/2026.<\/p>\n\n\n\n<p><strong><em>Source: UMUSEKE<\/em><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishyirahamwe ry\u2019Umupira w\u2019Amaguru ku Isi, FIFA, yahaye Kiyovu Sports uruhushya (International Transfer Certificate) ruyemerera kwandikisha Amiss C\u00e9dric wakinaga<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1492,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-1491","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-siporo"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1491","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1491"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1491\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1495,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1491\/revisions\/1495"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/1492"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1491"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1491"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inkuruzacu.rw\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1491"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}